5 Sep 2013
Umwaka ushize uyu musore yatangije igikorwa ku mbuga nkoranyambaga, asaba abantu gufasha abavandimwe bacu bo mu ihembe rw’Afurika. Mu masaha 24, yaramaze gushyigikirwa n’abantu 300 kuri (...)
5 Sep 2013
Ubwo yasuraga bimwe mu bitaro bikomeye I Kigali ibyo yahabonye byaramubabaje. Abarwayi badashobora kwishyura ibitaro cyangwa ntibashobore kwigurirra ibiryo igihe bari mu bitaro. Automatic word (...)
5 Sep 2013
Yuzuye imbaraga n’ubushake uyu mwari yifashishije ubumenyi afite mu bya mudasobwa kugira ngo ahangane n’imbogamizi z’ikoranabuhanga. Yizera ko “nta muhate uzira ikosa”. Akaba akuriye isosiyete (...)
5 Sep 2013
Kuri uyu mwari nta kintu na kimwe gishobora kumukoma mu nkokora. Ni mbaraga nyinshi no gukora guhamye yahoraga arota kuzaba umudereva w’indege. Yakomeje gukora cyane kugeza ubwo inzozi ze zibaye (...)
5 Sep 2013
Akora muri imwe muri sosiyete z’itumanaho zikomeye. Uyu musore yanditse igitabo yise “7 Steps to Exceptional Customer Care”, mu Kinyarwanda bivuga ngo: “Intambwe 7 ziganisha ku kwakira abakiriya (...)